Abashoramari bo mu Rwanda baganiriye na bagenzi babo bo mu Kirwa cya Barbados mu rwego rwo guhana amakuru y’aho buri ruhande rwashora imari. Abo muri Barbados bavuga ko bafite ahantu henshi Abanyarwan...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku mbabare, ICRC, utangaza ko mu isi hari ikibazo gikomereye abaturage biganjemo abo muri Afurika kubera ko ahari intambara zikomeye ari naho hari ingaruka ziremereye zitaw...
Kompanyi itwara abantu n’ibintu mu kirere RwandAir yatangije k’umugaragaro ingedo ziva i Kigali zigana i London mu Bwongereza. Indege zizajya ziva mu Rwanda zigwe ku kibuga mpuzamahanga cya Heathrow c...
Intambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ifite ingaruka nyinshi harimo no kuba hari ibihano by’ubukungu biri kwigwa uko byafatirwa u Rwanda na DRC cyane cyane ku byerekeye amabuye y’agacir...
Ibi bigo byasinye amasezerano y’ubufanye agamije guteza imbere imishinga y’urubyiruko rw’u Rwanda. Ni amasezerano y’umwaka umwe azibanda mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse, SMEs, izakorwa n...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 ingurube 15 zirimo iz’ubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc zagejejwe ku kibuga cy’indege cya Kigali. Zatumijwe na rwiyemezamirimo Jean Cl...
Kubera ko isi iri kwihuta mu ikoranabuhanga, abashinzwe gukusanya imisoro n’amahoro nabo bavuga ko uru rwego rutagomba gusigara inyuma. Ni muri uru rwego i Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuri...
Airtel Rwanda yatangije ubufatanye n’ikigo cy’inkeragutabara kitwa MISIC kugira ngo abafite ibinyabiziga bajye bishyura Parikingi bakoresheje Airtel Money. Willy Rukundo ushinzwe kuvugira Ikigo Mille...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi, NAEB, gitangaza ko isoko ry’iki gihingwa muri Kazakhstan riri kwaguka cyane. Ngo mu Cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje hanze Toni 780...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi baherutse gutangiza ku bwinshi ubuhinzi bw’iki gihingwa ngengabukungu bagamije ko mu myaka itatu iri imbere izaba yeze, bagahabwa uruganda ruyi...









