Hashize igihe gito Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsengimana atangaje ko u Rwanda rwaguze indege nini igenewe gutwara imizigo gusa. Ubu yageze i Kigali. RwandAir yatangarije kuri Twitter ko i...
Muri Kaminuza yigenga ya Kigali hatangijwe ikigo kitwa Business Incubation Center kizaha abaryigamo amasomo y’igihe gito abafasha kumenya uko bahanga imirimo. Abanyeshuri ba Kaminuza bashaka kuzaba b...
Uwihaye Protogène ni umusore w’imyaka 20 y’amavuko. Yaje mu Mujyi wa Kigali aturutse mu Murenge wa Hindiro mu Karere ka Ngororero aje gushaka ubuzima. Yabwiye Taarifa ko mu myaka itatu amaze acuruza u...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye atinzeho mu ijambo yagejeje ku bari baje kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe abasoreshwa, ni uko Electronic Billing Machine, EBM, igom...
Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga. Iki kigo kandi giheruts...
Inama y’ubukungu y’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, East African Business Council, itangaza ko kuva u Rwanda na Uganda byongera gufungura imipaka, ubucuruzi hagati ya Kigali na Kam...
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko Leta yateganyije Miliyoni $300 ni ukuvuga Miliyari Frw 300 azashorwa mu kwagura Pariki y’Ibirunga. Biteganyijwe ko imirimo yo kwagura iriya pariki iri mu zinjiriz...
Urwo rusyo bubikwaho ni urw’uko batabwirwa uko ibiciro b’amabuye y’agaciro byifashe ku isi kugira ngo babone uko nabo bashyiraho igiciro bifuza guhembwaho. Ibi bikubiye muri raporo Komisiyo y’igihugu ...
Mu imurikagurisha riri kubera mu Buholandi, Abanyarwanda bamuritse indabo zabo zirakundwa kurusha izindi. U Rwanda rwohereza hanze yarwo ibihingwa byinshi birimo n’indabo ziganjemo iz’iroza. Amaroza ...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Erenst Nsabimana yatangaje ko u Rwanda rwaguze indege nini yo gutwara imizigo myinshi. Avuga ko n’ubundi hari izindi ndege ztwaraga imizigo ariko zigatwara n’abandi, gu...









