Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari k...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ishaka gushyiraho uburyo bw’ubukungu budasanzwe henshi muri Afurika bwo ‘kudapfusha ubusa’, kudasesagura. Buri kintu mu byakozwe mu nganda kizajya kinagurw...
Mu rwego rwo kwirinda ko ibiciro byakomeza kuzamuka bikaremerera Abanyarwanda, Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha iyindi, RURA, rwatangaje ko Guverinoma y’...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, avuga ko gukorana bya hafi hagati y’ibihugu by’Afurika byayigirira akamaro no mu bukerarugendo. Ni bimwe...
Taliki ya 02, Ukuboza, 2022, nibwo ikigo gicuruza telephone kitwa Tecno cyatangije ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda. Bugamije kugeza ku Banyarwanda murandasi ihendutse na telefoni zigezw...
Nyuma y’uko Ikigo cy’imisoro n’amahoro na Polisi y’u Rwanda baburiye abacuruzi ko bagomba kujya batanga inyemezabwishyu za EBM, kuri uyu wa Gatatu( mu minsi itageze ku Cyumweru), ziriya nzego zatangiy...
Muri Nyarugenge ahitwa Nyabugogo hatangijwe ubufatanye bwa Airtel Money na Inzozi Lotto bugamije gufasha abakina umukino w’amahirwe kujya babona amafaranga yabo hafi aho. Ni amafaranga bashobora kubik...
Abibwira ko amafaranga Elon Musk acuruza yose ari aye ku giti cye nk’uko ingingo z’umubiri we ari ize ku giti cye, baribeshya! Afite abandi banyamigabane bashoye mu bigo bitatu ayobora harimo n’ikitwa...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyasohoye imyanzuro ikomeye irimo ko umuguzi uzemera indi nyemezabwishyu itari EBM azajya yamburwa ibyo yaguze bigatezwa cyamunara. Uwabimucuruje azahanwa harimo ...
Mu rwego rwo kwagura ibikorwa remezo mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bwawo bwatangije icyiciro cya kabiri cyo kuwubakamo imihanda. Igiye kubakwa ubu ingana na Kilometero 70. Umushinga wose uteganya ko h...









