Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni mu rw...
Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko. Mu Mujyi wa Ki...
Mu gihe imodoka zikoresha amashanyarazi zikomeje kuba imari ishyushye ku isi, iziresha umwuka wa hydrogen zo zatangiye kubura aho zizajya zijya gushyirishamo undi kubera ko stations ziwutanga zatangiy...
Umuhora wo hagati ni ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati bigizwe n’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Raporo nto y’ubunyamabanga bukuru bwawo,...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko buri kuganira n’abashoramari kugira ngo harebwe uko amabuye menshi kandi ateye neza ari mu Murenge wa Nyarubuye yabyazwa umusaruro. Iyo uyarebera kure ubona at...
Impamvu ni uko uyu muntu aba afite akamaro kanini ku muryango we, ku bakozi be, ko banyamigabane mu kigo ayobora no ku gihugu muri rusange. Uko bimeze kose ariko, CEO( Chief Executive Officer) ni umun...
Gautam Adani yabaye umuntu wa gatatu ukize kurusha abandi ku isi. Abo arusha ubukire barimo na Jeff Bezos, Warren Buffet na Bill Gates baza bamukurikiye. Uwa mbere ukize kurusha abandi ku isi ni Umuf...
Gatsinzi Rafiki ni umusore ukiri muto wize iby’ubuhinzi muri Kaminuza. Afatanyije na bagenzi be batatu, atunganya ibikomoka ku buhinzi, akabyongerera agaciro. Muri byo harimo n’inyanya akoramo ifu. Iy...









