Kristalina Georgieva uyobora Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, yaraye i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tali...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije, ...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda nyinshi akamaro. Umwaka wa 2...
Abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku ivugurura rya Politiki y’imisoro mu Rwanda bahuriye i Rubavu basanze bumwe mu bwoko bw’imisoro ikwiye kwitabwaho muri iryo vurura ari iy’ubutaka. Ni inama yi...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ivuga ko ifite imigambi itandatu(6) migari yo kuvugurura ubuhinzi bukagera ku rwego rwiza. Iyi migambi yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’u...
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yatangaje ko igiye kwigomwa nibura Miliyari Frw 27 Frw mu rwego rwo kuvugurura no kunoza gahunda z’imisoro. Perezida Kagame aheruts...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania. Ni umwe mu mipaka ikoreshwa cyane haba k...
Kristalina Georgieva usanzwe uyobora Ikigega Mpuzamahanga cy’imari, IMF, azasura u Rwanda mu mpera za Mutarama, 2023. Amakuru Taarifa yakuye ahantu hizewe avuga ko uruzinduko rwe ruzaba hagati y’Itali...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi bishyuza Ikigo cy’imisoro n’amahoro umwenda wa Miliyari Frw 32. Ni umwenda ukomoka ku musoro wa TVA ufatirwa ku kiranguzo cyabo. Bisanzwe bimenyerewe ko baba ba...









