Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere Ebonee yabereye i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko u Rwanda rwahisemo kwifashisha i...
Ikawa ni igihingwa abahanga bemeranya ko gikomoka muri Brazil. Hari n’abavuga ko ari cyo kinyobwa kinyobwa n’abantu benshi nyuma y’amazi. Umuntu wese unywa ikawa azi uburyo itera akanyabugabo k’umuntu...
Banki nkuru y’igihugu (BNR) na muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi basohoye raporo igaragaza ko mu mwaka wa 2022, amabuye y’agaciro u Rwanda rwoherezwa mu mahanga yarwinjirije miliyoni $683. Ni ha...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 11, Gashyantare, 2023 ku Kanyaru hahuriye abayobozi b’u Burundi n’ab’u Rwanda baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ubufatanye mu by’ubukungu. Hashize igihe kirekire u ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Ba rwiyemezamirimo bo muri Roumania baje kubwira abo mu Rwanda ibyo bateyemo imbere bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bikomeye, kandi birengera ibidukikije uko bishooka. Ni ikiganiro kiba kigamije gu...
Akazi ni ngombwa mu buzima kuko gahesha ugafite amafaranga akeneye ngo yibesheho, abesheho abe ndetse agire n’umusaruro aha igihugu cye. Iyo umuntu akikageramo aba yumva agakunze bitavugwa. Arazinduka...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...









