Iyi Banki y’ubucuruzi yatangaje ko mu mwaka wa 2022 yinjije miliyari Frw 42,4 bingana n’izamuka rya 27% ugereranyije n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2021. Iyo nyungu yayikuye muri serivisi yatanze uger...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...
Kimwe mu bintu by’ingenzi byavuye mu biganiro bimaze iminsi bihuje itsinda ry’abadipolomate b’u Rwanda n’aba Uganda byaberaga i Kigali, ni uko mu gihe kiri imbere indege za Uganda Airlines zizatangira...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wi...
Bisa n’aho bitumvikana ukuntu Minisiteri y’imari n’igenamigambi ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare batangaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse muri rusange ndetse n’ubuhinzi bukazamuka...
Ikigo cyo muri Qatar kitwa Kasada kiri hafi gutangira imirimo yo kuvugurura icyahoze ari Hotel Umubano Meridien ikagirwa imwe muri Hotel zikomeye mu Rwanda no mu Karere u Rwanda ruherereyemo. Izaba if...
Banki Nyarwanda y’iterambere, BRD, yasinyanye amasezerano na Umwarimu SACCO yo kuzafasha abarimu gutunga inzu zabo binyuze mu cyo bise ‘Gira Iwawe’. Hari hasanzwe gahunda yo gutanga inguzanyo ifasha a...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko ikigo ayoboye cyiyemeje guhugura mu by’imari n’ibaruramutungo abiga amashuri yisumbuye. Ni gahunda yari isanzwe ihabwa abiga Kam...
Umunyamabanga nshingwabikorwa mu Muryango w’ibihugu bigize Umuhora wo hagati witwa Flory Okandju yasinyanye amasezerano n’ubuyobozi bw’Ihuriro ry’abikorera bo mu Rwanda. Ni amasezerano arebana n’ubufa...
Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye muri iki gihe bishobora ...









