Yitwa Ajay Banga akaba ari we waraye utorewe kuyobora Banki y’Isi. Banga yigeze kuyobora Ikigo Mastercard. Inteko nyobozi ba Banki y’Isi niyo yemeje ko Ajay Banga aba Perezida wa Banki y’isi muri mand...
Raporo ngarukamwaka y’ikigo cy’igihugu cyiterambere, RDB, ivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, amadovize u Rwanda rwakuye mu bukerarugendo yiyongereye ku gipimo cya 171.3%. Mu mwaka wa 2021, ubukerarugend...
Ingengo y’imari u Rwanda ruteganya kuzageraho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024 ni Miliyari 5,030, ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 265.3 ingana na 6% ugereranyije n’iy’umwaka wa 2022/2023. ...
Abakora mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amashyamba bavuga ko ubwinshi bw’imodoka zo muri Kigali bugira uruhare mu kuzamuka kw’ibyuka bishyushya ikirere cy’u Rwanda. Bavuga ko mu rwego rwo ...
Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo. Kubahuza byakozwe n’...
Abikorera bo mu Rwanda n’abo mu Birwa bya Malta bari kuganira uko impande zombi zakorana mu bucuruzi n’ishoramari. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza akaba ahagarariye n’inyungu z’u Rwanda mu Birwa b...
Minisiteri y’ubucuruzi yatangaje ko yaganiriye n’izindi nzego bireba bemeranya ko umusoro ku nyongeragaciro kuri kawunga no ku muceri ukurwaho. Bityo ngo n’ibiciro ku biribwa by’ibanze ni ukuvuga umuc...
Abakora mu bwikorezi bw’ibicuruzwa bica ku butaka barasaba bakomeje ko imishinga u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu bikoresha umuhora wo hagati yihutishwa igashyirwa mu bikorwa. Bemeza ko ishyirwa mu...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ubukungu witwa Janet Yellen avuga ko Guverinoma y’Amerika iri kwigira hamwe uko mu myaka iri imbere hazatangizwa idolari ry’ikoranabuhanga. Yasubi...
U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja kandi kitagira amabuye y’agaciro menshi cyane nk’uko bimeze ahandi. Gifite imisozi, ibibaya n’ibisiza kandi aho hose hari inzuzi n’imigezi ndetse n’ibiyaga bikik...









