Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura. RDB...
Abakora mu ihuriro ry’abacukura amabuye y’agaciro mu Rwanda ryitwa Rwanda Extractive Industry Workers Union (REWU), bavuga ko bagiye gukora igenzura rigamije kureba uko umutekano w’abacuruzi bose mu ...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye intumwa ya Guverinoma y’Ubwongereza ishinzwe ubucuruzi n’ishoramari yitwa Lord Popat baganira uko ibihugu byombi byakongera imbaraga mu buhahirane n’ub...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Mu gihe ku isi hanugwanugwa ko hari gutekerezwa uko hagakoreshwa irindi faranga mpuzamahanga ryasimbura idolari, Guverineri wungirije wa Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye avuga ko u Rwanda r...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) yerekana ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023, kikabibara kigereranyije n’uko byari bimeze muri uko kwezi m...
Umworozi w’ingurube akaba na rwiyemezamirimo witwa Jean Claude Shirimpumu avuga ko mu banyamahanga baza kumugurira ingurube zo kubaga abo muri DRC baza ku mwanya wa mbere. Abanyarwanda bo bagura ingur...
Imwe muri banki nini zo mu Rwanda yitwa I&M Bank yatangaje ko iri gukorana n’inzego ngo hagaruzwe miliyoni $10 zibwe bamwe mu bakiliya bayo. Ni amafaranga yibwe mu bucakura bwakoreshejwe binyuze k...
Mu mirenge ya Katabagemu, Nyagatare, Musheri na Matimba habaruwe hegitari 279 zari ziteyeho imyaka zangijwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye yuzuza umugezi w’Umuvumba. Imvura yaguye mu Majyaruguru y’...
Mu Kagari ka Nyabicwamba, Umurenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo haherutse kuzura uruganda rukora ibiryo by’amatungo magufi. Amatungo magufi ni imbata, inkoko, ihene, intama n’ingurube. Ibiryo by’ay...









