Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego rwo gukomeza kurufasha kwigobo...
Byavugiwe mu muhango wo guhemba abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw’ibiribwa no mu mahoteli nyuma y’isuzuma ry’imikorere yayo. Bahawe ibyemezo bishimangira ko ibyo bakora byujuje amabwiriza y’ub...
Mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara hari abanyamuryango ba Koperative yitwa KOPRORI Kabogobogo bamaze iminsi bazindukira ku Biro byayo basaba ko bagasubizwa ubutaka(pariseli) bambuwe bazira ko...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, ivuga ko umukamo w’amata y’inka wazamutse ku rwego rugaragara. Wavuye kuri toni 142.511 mu mwaka wa 2005 ugera kuri Toni 999.976 mu mwaka wa 2022, bikaba byi...
Icyo mu ndimi z’amahanga bita central corridor ni umuhanda uhuza u Rwanda n’icyambu cya Dar es Salaam. Uyu muhanda wabaye ingirakamaro ku Rwanda mu bihe bitandukanye kubera ko abacuruzi barwo babonye ...
U Rwanda rwasanze kubaka ibikorwaremezo bitandukanye ari uburyo bwiza bwo kuzamura urwego rw’ubukerarugendo. Rumwe mu nzego zazamukiye muri iri shoramari ni urwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku nama...
Akarere ka Bugesera ni ko karere ka mbere mu Rwanda gafite ibiyaga byinshi ugereranyije n’utundi. Intara y’Uburasirazuba kandi niyo ya mbere ifite ibiyaga byinshi. N’ubwo ari uko bimeze, abatuye iki g...
Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, arasaba abagabura inyama ku mashuri kujya bibuka ko inyama y’ingurube nayo yakwifashishwa ku ifunguro rihabwa abanyeshuri. Dr. Kamana yab...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe ab...
Perezida wa Banki Nyafurika y’iterambere, Dr. Adesina Akinumi avuga ko bibabaje kuba ihumana ry’ikirere rihombya Afurika Miliyari ziri hagati ya $ 7 na Miliyari $15 buri mwaka, ariko amafaranga ihabw...









