Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko iyo umuntu agize ubushobozi bwo kwizigamira kandi mu gihe kirekire, ubwabyo biba ari ishoramari. Avuga ko kugira ngo bishoboke, bisaba ko umuntu am...
Inama y’Ubutegetsi ya Bank ya I&M Bank Plc iherutse guterana itora ku bwiganze ko Umunyarwanda Benjamin Mutimura ari we muyobozi w’iyi Banki. Azatangira imirimo ye taliki 01, Nyakanga, 2023. Mutim...
Amabwiriza yaraye asohowe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko Leta y’u Rwanda ishaka ko abatunganya ikawa bose bayoza k’uburyo iba nziza ku kigero kirenze 80%. Uzashaka kuyitunganya k’uburyo ...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko igenamigambi ritaganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% mu mwaka wa 2023. Biteganyijwe ...
Amakuru yari amaze iminsi avugwa y’uko Equity Bank igiye kugura COGEBANQUE yabaye impamo. Ubuyobozi bw’iyi Banki bwatangaje ko bwamaze kugura 90% by’imigabane yose yari isanzwe iri muri COGEBANQUE. Eq...
Abahanga mu bukungu bavuga ko iyo ugereranyije uko ibiciro by’ibiribwa ku isoko byari bimeze muri Mata, 2023, n’uko byari byari bimeze muri Gicurasi uyu mwaka, ubona ko byagabanutseho 14%. Ikigo cy’ig...
Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu muhora zak...
Hagati y’italiki 26 n’italiki 27, Kamena, 2023 mu Rwanda hazabera inama izahuza abashoramari bo mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi na bagenzi babo b’Abanyarwanda. Ni inama yitwa EU-Rwanda Business Forum. ...
Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwa...
Koperative ni urwego rushyirwaho n’abantu bagiriranye icyizere ariko bakagengwa n’itegeko kugira ngo umutungo bahurije hamwe uzabagirire akamaro mu buryo bw’imari cyangwa mu bundi buryo ntawe uhutaye....









