Perezida Félix-Antoine Tshisekedi aherutse guhagararira isinywa ry’amasezerano hagati ya Kinshasa na Washington yo gucukura amabuye y’agaciro. Ikigo cy’Abanyamerika kizakora ubwo bucukuzi kitwa Kobold...
KARONGI: Ibyari byateguwe kandi byishyuwe ku kiguzi kinini n’ababyeyi ngo abana babo bari bagiye gushyingiranwa bakorere ibirori ahantu heza, byaje guhinduka inkuru yajegeje imbuga nkoranyambaga mu mi...
Perezida Kagame yagize Alice Uwase umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi asimbuye Francis Kamanzi. Kamanzi aherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amako...
Guverinoma y’u Rwanda yahawe Miliyoni € 173.84 yo gushora mu bikorwa byo kugeza hirya no hino amashanyarazi akomoka ku ngufu zitangiza ibidukikije. Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda usanga arenga Mili...
Ikigo kizwi mu gukora sima mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bugarama kitwa CIMERWA Plc kigiye gushora Miliyoni $190 mu kubaka uruganda rutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima, rukazubakwa i Mu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro cyatangaje ko hari imikoranire n’abikorera ku giti cyabo igamije ko abaka inyemezabwishyu ya EBM mu buryo buhoraho babona ikindi gihembo kiyongera...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, MINICOM, Kajangwe Antoine avuga ko kugira ngo ibyanya byose by’inganda biri mu Rwanda bikore neza hagomba kuboneka Miliyoni $130 ni ukuvu...
Nick Barigye wari umuyobozi w’Ikigo mpuzamahanga cya Kigali cy’imari, Kigali International Financial Centre, KIFC, yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ikigo Crystal Ventures Ltd. Inama y’ubutegetsi y’iki...
Ibi birashoboka uramutse ushingiye ku igenamigambi ryayo rikubiye mu mibare ubuyobozi bw’iyi Minisiteri bufite mu myaka ine iri imbere. Igenamigambi ryayo rivuga ko kuva mu mwaka wa 2024/25 kugeza mu ...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamaze gushyira ku ruhande Miliyoni $ 200( ni Miliyari Frw 280) yo kuzashora mu mishinga wo kugeza murandasi henshi kandi muri serivisi nyinshi, zikazakoreshwa mu mushin...









