U Rwanda rufite intego yo kubaka ‘ibigega byinshi’ byo kuzahunikamo ibigori kugira ngo rwizigamire ibinyampeke ruzitabaza mu gihe cy’amage. Hagati aho, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivu...
Abashoramari bo muri Madagascar baganiriye n’abo mu Rwanda uko imikoranire yarushaho gutera imbere. Clare Akamanzi yabahaye ikaze mu Rwanda avuga ko abacuruzi bo mu Rwanda bishimira kuba bagiye gukora...
Aya makuru atangwa na Banki nyafurika y’iterambere, BAD, muri raporo yayo yerekana uko ubukungu bw’Afurika muri rusange n’ubw’Afurika yo mu Burasirazuba by’umwihariko buzazamuka mu gihe kiri imbere. A...
Mu Murwa mukuru wa Barbados witwa Bridgetown, intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Prof Manasseh Nshuti zahuye n’abashoramari bo muri iki gihugu. B...
Ikigo gitanga essence na petelori kitwa Société Pétrolière, SP, cyafunguye station muri Tanzania mu rwego rwo gufasha abakoresha imihanda y’aho kubona biriya bikomoka kuri petelori. Ku rukuta rwa Twit...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu barukoramo yabwiye Taarifa ko uru ruganda rukora...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko izamuka ry’igiciro cya Essence ku rwego rw’isi ryatumye n’u Rwanda ruzamura icyo giciro, cyiyongeraho Frw 122. Icyakora igiciro cya Mazout cyo cyagumye kuba uk...
Ikigo Mpuzamahanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo mu Bwongereza kitwa Rio Tinto Mining and Exploration Ltd kigiye gushora mu gucukura ayo mu Rwanda. Mu mabuye menshi bazacukurua harimo n’irya L...
Raporo yasohowe n’ikigo gishinzwe amabuye y’agaciro, mine na petelori igaragaza ko mu mabuye y’agaciro yacukuwe mu gihembwe cya gatatu cy’uyu mwaka, Zahabu ari ryo buye ryinjirije u Rwanda kurusha an...
Abayobozi mu bigo bibiri bikora ku byerekeye kurengera ibinyabuzima baherutse guhura bemeranya k’ugushyira imbaraga mu kubungabunga urusore rwabyo muri Afurika. Ni inama yabereye i Kigali yasinyiwemo ...









