Urwego rw’igihugu rw’ubwizigamire, RSSB, ruri gutekereza uko abaturage bahabwa uburyo bwo kujya biteganyiriza binyuze kuri telefoni cyangwa banki zabo ‘byikoze.’ Abahanga b’iki kigo bavuga ko byaba ub...
Umuyobozi wa Banki ya Kigali Dr. Diane Karusisi avuga ikigo ayobora gikora mu buryo buhuje n’ubwa Leta y’u Rwanda mu gufasha abantu kwiteza imbere. Yavuze ibi ubwo yatangizaga Banki ya kabiri ishingiy...
Ubuyobozi bw’Ibitaro byitiriwe umwami Faysal bwatangaje ko mu bubibo bwabwo nta mafaranga ahagije bufite kubera ko hari igihombo cya Miliyari Frw 12 zirenga bwatewe n’abarwayi bambuye ibitaro. A...
Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu byose biranga iterambere ry...
Urwego rw’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, rwatangaje ibyavuye mu bikorwa byarwo mu mwaka wa 2022/2023. Imibare y’iki kigo ivuga ko amafaranga yose abizigamiye bakibikije ingana na miliyari Frw 352 ...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cy’ingufu za Atomique gishamikiye kuri Minisiteri y’ibikorwa remezo, yasinyanye amasezerano n’ikigo cy’Abadage n’abanya Canada kitwa Dual Fluid agamije kurufasha ...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Ubuzima bw’abatuye Imijyi y’u Rwanda muri rusange n’abo mu cyaro bukomeje kugorana. Impamvu ni nyinshi ariko ikomeye kurushaho ni izamuka ry’ibiciro ku masoko. Nk’ubu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarur...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, Eric Rwigamba yabwiye abanyeshuri 84 barangije itorero ryabereye mu Ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi bibungabunga ibidukiki...
Uwo ni umuhanga mu by’ubukungu ufite ubwenegihugu bw’Amerika ariko akaba akomoka muri Sierra Leone witwa Sahr Kpundeh. Imirimo ye yayitangiye mu buryo budasubirwaho taliki 01, Nzeri, 2023 asimbuye Rol...









