Mu Murenge wa Kibirizi hari abaturage bataka kutagira imbuto nziza y’imyumbati kandi iki gihingwa ngangurarugo kiri mu bibatunze. Bvuga ko babonye imbuto nziza, byatuma basazura imyumbati ishaje bityo...
Régine utuye mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana avuga ko ubwo yajyaga kwaka inguzanyo muri COPEDU bamubwiye ko atayihabwa kubera ko abayihabwa ari abantu bakora business ‘mu buryo buhoraho.’...
Mu mwaka wa 1977 nibwo abayoboraga Uburundi, u Rwanda na Tanzania batekereje uko hahuzwa imbaraga ku ruzi rw’Akagera hakubakwa urugomero rwo guha amashanyarazi ibi bihugu. Nyuma y’imyaka 46, bitageny...
Ubuyobozi bw’Urugaga nyarwanda rw’abakozi, CESTRAR, buvuga ko bikwiye ko mu nama mpzamahanga ziga ku mategeko agenga abakozi, imibereho myiza yabo mu ngeri zose, bazajya bahagararirwa, bakazitangamo i...
Ubutaka bw’Akarere ka Rubavu buri mu butaka bwera cyane imboga haba mu Ntara gaherereyemo n’ahandi mu Rwanda. Nk’uko bimeze no ku bindi bihingwa, imbuto nziza niyo ntandaro y’umusaruro muzima. Ikibazo...
Warren Buffet ni umwe mu Banyamerika b’abaherwe kurusha abandi Banyamerika n’abandi batuye isi yose. Ni umuherwe wa gatanu ku isi kuko atunze miliyari $106, akaba akomoka muri Amerika. Afite imyaka 92...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwaraye bubwiye itangazamakuru ko igihe kigeze ngo Abamasayi bazunguza imari bagane amasoko nk’abandi Banyarwanda nibitaba ibyo bahagarike ubwo bucuruzi. Abamasayi bamaze...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, bwasohoye itangazo rikura ku isoko ubwoko 83 bw’amavuta abantu bisiga kubera ko ibinyabutabire biyagize byangiza uruhu. Si amav...
Mu ruzinduko ari mo muri Amerika ruzarangira ubwo azaba arangije kugeza ijambo ku bagize Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye, Perezida Kagame yakiriwe ku meza n’abagize Umuryango witwa American Glo...
Imibare yatangajwe n’Ikigo k’ibarurishamibere ivuga ko muri rusange ubukungu bw’u Rwanda buzamuka kuko ugereranyije n’uko byari bihagaze mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari w’umwaka ushize, ubu b...









