Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho, Airtel Rwanda, cyatangije gahunda yo guha murandasi y’igisekuru cya kane Abanyarwanda bagera kuri miliyoni mu gihe kitarenze umwaka wa ...
Yitwa James Kimonyo. Uyu mugabo amaze kwamamara mu Bushinwa kubera kugaragara kenshi mu biganiro avuga ku byiza by’ibikorerwa mu Rwanda. Iyo atari kuvuga ku buryohe bw’ikawa y’u Rwanda, aba avuga ku b...
Mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro buri taliki 15, Ukwakira, buri mwaka, kuri iyi nshuro Umuryango w’Abibumbye warangaje ko bikigoye ko umugore agira ubwisanzure ku ...
Ikigo cy’igihugu kita ku buhinzi n’ubworozi, RAB, kivuga ko impamvu ikomeye ituma umusaruro w’ibirayi urumba, ari uko abahinzi babihoza mu murima ntibabisimbuze ibindi myaka. Guhoza igihingwa kimwe mu...
U Rwanda rwungutse ahandi hantu hari ibuye ry’agaciro rya Lithium rigezweho mu nganda z’ikoranabuhanga mu gukora imodoka n’ibikoresho by’ikoranabuhanga. Ryabonetse mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa...
Abacuruzi n’abaguzi b’ibirayi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibirayi ku isoko byagabanutse ugereranyije no mu bihe byahise. Basanga byatewe n’uko muri iki gihe ibirayi byeze mu ...
Umwaka wa 2024 uzaba umwaka w’ibikorwa bitandukanye mu Rwanda birimo n’inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu zitanga amashanyarazi, yaba ayisubira cyangwa ay’ubundi bwoko. Niyo nama ya...
Nkurikiyimana Viateur wo mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi yashinze ikigo kigisha urubyiruko imyuga. Yakise Rwanda To Hope Organization. Abayirangije bavuga ko yabagiriye akamaro kuko bitun...
Si amatora gusa Abanyarwanda biteze mu mwaka wa 2024 ahubwo hari n’iyuzura cyangwa iyubakwa ry’ibikorwaremezo bitandukanye bifite agaciro k’ama miliyari $ menshi. Ni ibikorwaremezo byinshi birimo inyu...
Minisitiri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza y’uko hagiye kubaho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Kimwe mu byo aya mabwiriza ateganya ni uko hagiye gushyirwaho parikingi yiha...









