Uburyo bwo kwandikisha izina ry’ikigo kuri murandasi ni intambwe y’ingenzi ku bantu bose bifuza kugira urubuga kuko igisabwa atari kurihitamo no kuryishyura gusa. Inzira yo kwandikisha urubuga ikubiye...
Ishami rya Sosiyete ishinzwe iby’ingufu (REG) mu Karere ka Muhanga ryatangiye kurimbura amapoto y’amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze. Ubuyobozi bwayo bwabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko bayakuye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi Rwanda Transport Development Agency, RTDA, cyatangarije kuri X ko imirimo yo kubaka imihanda ihuza ibice by’Intara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga n’iby’Intara y...
Umunyamerika witwa Peter Greenberg uri mu nshuti z’u Rwanda zikomeye ari mu Rwanda aho ari gutegura ikiganiro yise Global Travel Updates. Muri Mata, 2018 Greenberg yaje mu Rwanda akorana filimi mbaran...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika mu nshingano Dr. Patrick Hitayezu wari ushinzwe Politiki y’ubukungu( Chief Economist) muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi kubera imyitwar...
Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023. N’ubwo bimeze gutyo, ...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...
Ibiro bikuru by’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, byimukiye mu nzu nshya iherutse kuzura hafi neza neza y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ku Kimihurura. Iki kigo kizakorera mu magorofa atandatu...
Guverinoma y’u Rwanda ihagarariwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe umutungo wa Leta Richard Tushabe yasinyanye n’Ubufaransa amasezerano y’uko iki gihugu kizaha u...
Mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho y’abatuye ibyanya bikomye, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyageneye abaturiye Pariki ya Gishwati Mukura miliyoni Frw 490. Intego ni uko ayo mafar...









