U Rwanda ruri kwifatanya n’ibindi bihugu by’Afurika mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Murwa mukuru wa Misiri witwa Cairo. Rwamuritse kandi rugurisha ibyo rwahanze birimo imyambaro, ibiribw...
Itsinda riyobowe na Minisitiri wa Qatar ushinzwe ikoranabuhanga n’itumanaho ryahuye na mugenzi we wo mu Rwanda basinya amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Doha mu by’ikoranabuhanga. Minisitir...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi, mine na gazi gitangaza ko mezi atatu ashize( Nyakanga-Nzeri)mu mabuye yose u Rwanda rwohereje hanze, zahabu ari yo yarwinjirije amafaranga menshi. Muri Nyakanga...
Nyuma y’uko hari minibisi 10 zikoresha amashanyarazi ziherutse kuzanwa mu Rwanda, ubu hari inkuru y’uko mu gihe kitarambiranye hazaza na bisi nini zikoresha amashanyarazi. Ni izi ikigo BasiGo gifite i...
Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe bara...
Kuri X, Dr Patrick Karangwa yatangaje ko mu mirima imwe n’imwe mu Rwanda hari kugaragara icyonnyi bita Nkongwa IDASANZWE. Ni icyonnyi gifife ubushobozi bwo kona imyaka kikayitsemba 100%. Mu butumwa bw...
Mu rwego rwo kuzamura umusaruro w’ikawa yera mu Karere ka Ruhango n’amafaranga ayivamo akikuba gatatu, ubuyobozi bw’aka Karere ku bufatanye n’amakoperative ayihinga, muri ko hagiye guterwa ibiti bivug...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Développement (AFD), cyahaye u Rwanda miliyoni €20 angana hafi miliyari Frw 26.3 yo kurufasha gukomeza gushyira mu bikorwa ga...
Ruhagarariwe na Minisiteri y’uburezi, u Rwanda rwasinyanye amasezerano n’Ikigo cyo mu Busuwisi cyigisha ibijyanye n’Ubukerarugendo yo kubaka ishuri rikomeye ryibwigisha. Icyo kigo kitwa School Hospit...









