Binyuze mu butwererane busanzwe hagati y’u Rwanda n’Ubushinwa, iki gihugu cyahaye ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Musanze, IPRC-Musanze, ibikoresho bigezweho bifite agaciro ka Miliyoni Frw 857. B...
Itangazo Taarifa ifitiye kopi rivuga ko taliki 17, Ugushyingo, 2023 ubuyobozi bwa CIMERWA bwasinyanye amasezerano n’ikigo National Cement Holdings Limited y’uko iki kigo kiguze imigabane ingana na 99,...
Abahinga mu gishanga cya Mukinga gikora kuri Musanze na Gakenke bararira ayo kwarika nyuma y’uko bahinze ibigori ntibyere n’imbuto bahawe bizezwa ko izamera nayo bikaba uko! Abaganiriye na bagenzi bac...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Repubulika ya Guinée y’ubufatanye mu bwikorezi bwo mu kirere, ubukerarugendo n’ubucuruzi. Mu isinywa ry’aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Umun...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Madamu Patricie Uwase yabwiye Abasenateri ko Umushinwa wapatanye kubaka umuhanda wa Prince House-Rwandex-Kanogo yawusondetse. Ni igisubizo yatanz...
Mu rwego rwo gukumira inyereza ry’umutungo w’Amakoperative, Urwego ruyashinzwe( RCA) rwatumije abayayobora mu Ntara no mu Mujyi wa Kigali kugira ngo barebere hamwe uko hashyirwaho urwego rubishinzwe. ...
Ni ibikubiye muri raporo iherutse kunonosorwa na Komite y’Abadepite ikurikirana ubuhinzi, ubworozi no kwita ku bidukikije. Abayigize basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi gukemura iki kibazo kugira...
Ikigo kitwa NALA( ni ijambo ry’Igiswayile rivuga intare y’ingore) cyatangije uburyo bushya bufasha Abanyarwanda kohererezanya no kwakira amafaranga na bagenzi babo baba mu mahanga ni ukuvuga Amerika n...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni u...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ahamye yo gucukura amabuye y’agaciro hirindwa ko yibwa cyangwa se ko abantu bahasiga ubuzima, ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mi...









