Ikigo Airtel Money cyatangije gahunda yo gufasha abakiliya kubona ubwasisi bwa 10% igihe cyose baguze amayinite cyangwa se bakoze undi murimo w’amafaranga bakoresheje Airtel Money. Ubu bwasisi babwise...
Ikigo cy’imari cyo muri Kenya gifite Banki ya Equity kitwa Equity Holdings Group cyatangaje ko cyaguze mu buryo bwuzuye Banki ya COGEBANQUE. Ubuyobozi bwa EQUITY bwatangaje ko kugeza ubu bwaguze imig...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bwa mine na gazi, RMB, Amb.Yemima Karitanyi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo gushaka ahantu hose haba hari ibuye rya lithium mu Karere ka Rwamagana. Ubu b...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abahanga mu by’ubukungu bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda ko urubyiruko rw’Afurika rukwiye guhabwa ubumenyi rukeneye kugira ngo rube...
Avoka 124,000 zingana na toni 22.4 zageze ku cyambu cya Rotterdam zizanywe n’ikigo SoukFarms gitunganya izi mbuto. Ku cyambu za Rotterdam zakiriwe n’ikigo Best Fresh Group, iki kikaba ikigo cy’Abahola...
Ikigega Agaciro Development Fund (AgDF) cyaraye kigiranye amasezerano n’Umushinga Hinga Wunguke afite agaciro ka miliyari Frw 34.6, agamije kunoza uruhererekane rw’ibiribwa mu Rwanda. Intego yayo ni...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahurije hamwe ba rwiyemezamirimo b’Abanyafurika bahize abandi mu gukora imishinga ihindura ubuzima bwa benshi. Abahize abandi bazabihemberwa ku munsi...
Hannington Namara yatorewe kuyobora Ihuriro ry’Amabanki akorera mu Rwanda (Rwanda Bankers’ Association) asimbuye Robin Bairstow. Uyu Munyarwanda asanzwe azobereye mu rwego rw’amabanki ndetse yanabaye ...
Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujamariya yasabye abaturage bo muri Gicumbi baherutse guhabwa inzu n’umushinga wa Green Gicumbi ko bakwiye kuzitaho, ntibatekereze ko nizangirika hari uzaza ...
Guverineri Lambert Dushimimana uyobora Intara y’Uburengerazuba yatangaje ko ku bufatanye na Airtel Rwanda hari gahunda ya kuzaha abaturage ayobora telefoni 280,000. Ni muri gahunda ya Con...









