Guverinoma y’u Rwanda irateganya gutangiza amasomo yo gukora robo. Byaraye bitangajwe n’umuyobozi mu Kigo cy’igihugu cy’uburezi bw’ibanze Rwanda Basic Education Board (REB) witwa Diane Uwasenga Sengat...
Ubucuruzi iki gihugu cyashoye mu Rwanda bufite agaciro ka miliyoni $500 mu myaka ine ni ukuvuga angana na Frw 624.594.500.000. Iyi mibare yatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Dr Ngabitsinze...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatashye ku mugaragaro umuhanda w’ibilometero 208 uva Kagitumba ugaca Kayonza ukarangirira Rusumo. Ni umuhanda uhuza u Rwanda, Uganda na Tanzania, ukaba usanzwe ari ingirak...
Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko niba nta gihindutse, umwaka wa 2024 uzarangira serivisi zose mu guhana amafaranga ya Umurenge SACCO zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. Guverineri wa Banki nkuru y...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB cyatangaje ko mu Rwanda hagiye kuzanwa icyororo gishya cy’intama zo mu bwoko bwa ’Merinos’. Kugira ngo kigere ku borozi benshi, Leta y...
Mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke hari abahinzi bashimira Croix Rouge yabatoje gufumbiza inkari kugira ngo bazamure umusaruro ukomoka ku buhinzi. Abo baturage barimo abakorerabushake ba Cr...
Hashize iminsi amatungo yo mu Mirenge ya Gahini, Mwiri na Murundi mu Karere ka Kayonza agaragaje ibimenyetso by’indwara y’uburenge. RAB ivuga ko hashingiwe kuri ibyo bimenyetso, mu rwego rwo kurinda k...
Aba bayobozi bavuga ko batashimishijwe n’uburyo uwahoze ari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba François Habitegeko yabijeje ko iyi Ntara izahaba telefone za “Smart Phones” binyuze mu buyobozi bw’Ak...
RURA yatangaje ko ibiciro bya Lisanse na Mazutu byagabanutse, igiciro kizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere. Litiro ya Lisansi ntigomba kurenza Frw 1,639 n’aho Mazutu yo ntizarenza Frw 1,635. Minisi...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali (BK) buvuga ko hari gahunda y’uko ibikorwa byose itangamo serivisi bizaba byashyizwe mu ikoranabuhanga mu myaka ibiri imbere. Intego ni uko ukorohereza abakiliya bayo. Bu...









