Mu rwego rwo koroshya ubuhahirane hagati y’abatuye imirenge itandatu mu mirenge 13 igize Akarere ka Rutsiro, hagiye kubakwa umuhanda ufite ibice bimwe bya kaburimbo yoroheje n’ikindi cy’ig...
Mu Mujyi wa Kigali hari inzu ikorera abana bonyine isuku ku mutwe yitwa Nik Saloon. Yari isanzwe ikorera i Nyarutarama ariko abayiyobora bavuga ko muri Gashyantare, 2024 bazagurira imirimo mu Kagari k...
Uru ruganda ruherereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara. Rwatangiye gutanga amashanyarazi mu mwaka wa 2021, icyo gihe intego ikaba yari iy’uko ruzatanga hagati ya megawati 40 na megawati 80. ...
Mu mpera za Mutarama, 2024, i Kigali hazateranira Inama Mpuzamahanga izahuza abanyemari b’Abanyarwanda n’Abongereza bigire hamwe uko ishoramari hagati ya Kigali na London ryakongerwamo imbaraga. Ni in...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke barishimira ko aho bakorera hagiye kubakwa inyubako zizafasha abakunda ikawa kuyihanywera no kwirebera ubwabo uko itunganywa kuva mu murima k...
Mu Karere ka Rusizi hari abaturage bavuga ko bahawe imbuto y’ibishyimbo bigufi n’ibishingirirwa ngo bongere umusaruro w’ibishyimbo. Ababihawe bo mu Murenge wa Gitambi babanje kwishimira iyo mbuto, biz...
Abakoresha n’abaturiye imihanda mishya ya kaburimbo yubatswe mu Murenge wa Nyamabuye na Shyogwe mu Karere ka Muhanga bavuga ko yamaze kwangirika itaratahwa ku mugaragaro. Amakuru avuga ko Minisitiri ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, gazi na petelori cyahagaritse ibigo birindwi byakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera ko bikora ubucukuzi mu buryo buteje akaga. Itang...
Banki y’u Rwanda ivuga ko abacuruza cyangwa bishyuza serivisi mu mafaranga y’amahanga (amadevize) bagomba kwitonda ntibishyuze abakiliya mu madovize kuko bitemewe. Mu Rwanda ni henshi abacuruzi bishy...
Mu Nteko rusange y’abanyamuryango ba Umwalimu SACCO, abayitabiriye beretswe ibyo bagezeho mu kwizigamira no kwishyura imyenda abanyamuryango bafashe. Muri iyi nama hatangajwe ko kugeza ku wa 30, Ugush...









