Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi. Iyo mibar...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa ...
Ba rwiyemezamirimo bo mu bigo bikiyubaka n’abandi bafite aho bagejeje batangiye amahugurwa y’uburyo barushaho gucuruza bunguka. Ni amahugurwa bari guherwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali mu kigo cyayo...
Minisitiri Dr Musafiri Ildephonse ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi avuga ko ingo 80% z’Abanyarwanda zihagije ku biribwa kandi ngo Abanyarwanda banywa Litiro 78 z’amata ku mwaka. Ni imiba...
Itsinda ry’abashoramari bo mu Rwanda ruri muri Pakistan mu rugendo rugamije kuganira na bagenzi babo b’i Islamabad ahashorwa imari. Baganiriye na bagenzi babo bihurije Ihuriro ryiswe Lahor...
Mu rwego rwo kwagura imihanda kugira ngo bigabanye umubyigano w’imodoka, Minisiteri y’ibikorwa remezo igiye kwagura umuhanda Giporoso-Masaka ushyirwemo ibisate bine. Iyi Minisiteri ivuga ko ifite gahu...
Abanywi b’ikawa bazi amaduka acuruza ikawa bita Stafford Coffee Shops hirya no hino mu Rwanda. Ni aya Rubagumya Stafford akaba umugabo wiyemeje guha akazi abafite ubumuga bwo kutumva ngo bamucururize...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa, FAO, witwa Coumba Dieng Sow ashima imikoranire y’iri shami na Guverinoma y’u Rwanda mu rugamba rwo kwihaza mu biribwa. Avuga ko yizeye ko...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Mutarama, 2024 bisi 60 zari zisigaye ngo umubare wa bisi 100 wuzure, ziri butangire gukorera mu Mujyi wa Kigali. Mbere hari haje...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko niba ibitero by’aba Houthis biri kugabwa mu bwato busanzwe buca mu Nyanja itukura bizanye ibicuruzwa muri Afurika no muri Aziya bidahagaze...









