Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ibinyujije mu Kigo gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, igiye gukorana n’Ikigo kitwa Rwanda Fertilizers Company baga...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, gitangaza ko mu minsi irindwi ishize u Rwanda rwohereje hanze icyayi gipima toni 987 cyose hamwe kikaba cyararwinjirij...
Ni icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe kugira ngo amata yari yarabuze ubuguzi muri Nyagatare na Gatsibo abonerwe isoko bityo azahabwe abanyeshuri mu gihe cy’amezi abiri ari imbere. Bizakorwa mu gih...
Bboxx yatangaje ko mu rwego rwo kurushaho gukorana n’Afurika muri rusange n’u Rwanda by’umwihariko, igiye kwimura icyicaro cyayo kikava i London mu Bwongereza kigashyirwa i Kigali mu Rwanda. Gis...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umuyobozi wungirije wa RDB bari baganiriye n’abayobozi bo muri Libya ngo barebe uko u Rwanda rwakorana n’iki gihugu. Libya ni igihugu gi...
Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi. Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama...
Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lith...
Abanyarwanda bacururiza muri Mozambique basuye rwiyemezamirimo ufite ikigo cyorora ingurube bya kijyambere ukorera muri Gicumbi witwa Jean Claude Shirimpumu abereka uko bazazororera muri Mozambique. B...
Rukundo Benjamin ni rwiyemezamirimo ufite ikigo gifasha Abanyarwanda kubona ibyangombwa byo kujya kwiga, gukorera cyangwa gutura mu mahanga. Mu kiganiro gito yahaye Taarifa ashima ko mu myaka irindwi ...
Izo modoka zazanywe n’uruganda rw’Abashinwa rwitwa BYD Auto. Ruzobereye mu gukora imodoka zikoreaha amashanyarazi rukaba ruzakorana by’umwihariko n’ikigo CFAO Motors mu kugurisha izo...









