Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler aherutse gusura aborozi b’inzuki mu Karere ka Kayonza. Yavuze ko Abanyamerika bishimira ubufatanye butandukanye bafitanye n’Abanyarw...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwa nyuma ya COVID-19 bwihagazeho. Imibare yahaye abagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, igaragaza ko guhera mu mwaka w...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhnzi n’ubworozi, (RAB), cyatangaje ko mu Rwanda hari inganda zirindwi zitunganya amata. Ziri hafi kunganirwa n’urundi runini ruri hafi kuz...
Ni umushinga RDB iherutse kwiyemeza gukorana na Zipline Rwanda, ukazafasha mu kugeza ibicuruzwa bya Made in Rwanda ku bakiliya bazaba bari mu mahoteli yo muri za Pariki zitandukanye. Amakuru Taarifa i...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko mu byumweru bike biri imbere umugenzi azajya yishyura urugendo rwa bisi bitewe n’aho ageze aho kwishyura urugendo rwose rw’aho igarukira. Izi...
Iby’uko ibiciro byagabanutse ku isoko ku ijanisha rya 5% byatangajwe n’ikigo cy’igihugu gikora ibarurishamibare, NISR. Mu Ukuboza, 2023 byari byagabanutse ku gipimo cya 6.4 %. Ibicir...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi , Dr Musafiri Ildephonse yatangaje ko muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2024 A, u Rwanda rwejeje toni 600,000 z’ibigori. Ni umusaruro wari burute uyu iyo imvura itaza ku...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Authority, kivuga ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rubohowe hakozwe imihanda ireshya na kilometero 2774; muri yo ingana na 60% y’...
Ushingiye ku giciro cyashyizweho na RURA, uhita ubona ko litiro ya essence yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,639, ariko guhera taliki 12, Gashyantare, 2024 izagura 1,637 mu gihe mazout...
Nyuma yo kubona ko hari amafaranga menshi igihugu cyakoresheje muri Mutarama, 2024 yari yarateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2023/2024, byabaye ngombwa ko Minisiteri y’imari n’igenamigambi yongeraho an...









