Hari abacuruzi babwiye itangazamakuru ko kubona amadolari bigoye. Iyo urikeneye byihuta cyane ugiye kuriguha ashobora kuguca andi madolari kugira ngo abone inyungu kandi ntuzuyaza kuyamuha kuko uba ub...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijmana yaraye yakiriye Philippe Orliange, akaba ari Umuyobozi nshingwabikorwa w’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Françai...
Imibare yaraye itangiwe mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda igamije kuzamura umubare w’abagore bakora mu rwego rw’ingufu( energy) igaragaza ko muri Afurika abagore barukoramo bari hagati ya 9% n...
Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Dr. Jean Chysostome Ngabitsinzi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko hari inganda u Rwanda rushaka kwegurira abikorera ku giti cyabo. Iz’ibanze Ngabitsinze avuga ko ba...
Banki nyarwanda itsura amajyambere, BRD, yatsindiye igihembo cy’uko itanga inguzanyo nziza zo kurengera ibidukikije. Yanahembewe kandi kugurisha impapuro mpeshwamwenda. Iki gihembo cy’uwatanze impapur...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe i...
Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz. Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro...
Bwa mbere mu mateka y’ubukungu bw’u Rwanda, amabuye y’agaciro yarwinjirije miliyari $1.1 mu gihe cy’umwaka(2023). Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, gazi na petelori ivuga ko mu mwaka...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, cyahaye rugari uwo ari we wese ufite igitekerezo kidasanzwe abona ko cyavamo ishoramari kugitanga kikigwaho. Ni muri gahunda yiswe Call For Project Ideas. Iyi gahu...
U Rwanda rwaje imbere ya Kenya na Afurika y’Epfo mu kugira Ikigo gitanga serivisi zinoze z’imari binyuze mu kigo Kigali International Finincial Center, KIFC. Byatangarijwe muri raporo ikorwa n’Abonge...









