Taliki 04, Werurwe, 2024 The Bloomberg yari yatangaje ko Jeff Bezos uyobora Ikigo Amazon ari we mukire wa mbere ku isi. Icyakora nyuma y’iminsi itatu, yahise avanwa kuri uyu mwanya n’Umufaransa Bernar...
Iyi Banki yifatanyije n’ikigo kitwa Network International (Network) mu kongerera imbaraga urwego rw’imari rukoresha ikoranabuhanga, fintech. Ikigo Network gisanzwe kizobereye mu byo gutanga izi serivi...
Mu rwego rwo gufasha u Rwanda kuzamura urwego rw’uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye, Guverinoma y’Ubuyapani yarugurije miliyari Frw 118. Ni amafaranga azatuma rushyira ikoranabuhanga mu mashuri ab...
Mu Murenge wa Kamembe ahitwa Kadasomwa mu Karere ka Rusizi hari kubakwa icyambu kizafasha abacuruzi bava cyangwa bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kubona ahantu heza ho gupakirira cyangwa k...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama y’iminsi itatu y’ibihugu binyamuryango bya COMESA kugira ngo abayitabiriye bigire hamwe uko hahuzwa ibiciro byo guhamagarana kw’ababituye. Ni ikintu abayobozi bayi...
Umugereki uyobora ikigo cy’imikino y’amahirwe, Premier Bet Rwanda witwa Apostolos Kalodoukas, yabwiye Taarifa urugendo iki kigo cyakoze mu ishoramari kimazemo imyaka 11 mu Rwanda n’akamaro byagiriye A...
Zimwe mu nama Banki y’isi yaraye ihaye Guverinomaa y’u Rwanda nyuma yo gutangaza raporo ku miterere y’ubukungu bwarwo, zivuga ko ikwiye kureka ishoramari ryinshi rigakorwa n’abikorera ku giti cyabo. N...
Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024, guhera mu gihe gito kiri imbere, umuguzi uzajya waka kandi agahabwa fagitire ku nyongeragaciro azajya...
Urugaga nyarwanda rw’amakoperative ahinga umuceri FUCORIRWA( Fédération des Unions de Coopératives Rizicoles au Rwanda) rwahurije hamwe abayayobora kugira ngo ruhembe abitwaye neza. Iyo mu Murenge wa ...
Ubuyobozi bw’ikigo “mpuzamahanga” gitunganya kikanagurisha amazi, JIBU, bwatangije urubuga rwa murandasi abantu bazajya batumirizaho amazi. Kuri rwo harimo aho abantu batumiriza amaz...









