Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, cyahuye n’abacuruzi batumije umuceri muri Tanzania umwinshi upimwe basanga bwarapfuye. Hari hinjiye amakamyo 26, ariko atatu yonyine niyo yagaragaye ...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira umuco wo kwizigamira, Ikigo Rwanda National Investment Trust Ltd kivuga ko kuva cyajyaho mu mwaka wa 2016 kimaze gukusanya Miliyari Frw 40 kandi kicyakira aba...
Dr. Musafiri Ildephonse uyobora Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yifatanyije n’abaturage b’i Musanze mu gutangiza Igihembwe cy’Ihinga cya 2024 B. Hatewe ibishyimbo ku buso bwa hegitari 62. Yata...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Werurwe, 2024, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya ku ngendo hirya no hino mu Rwanda. Ni ibiciro bamwe bavuga ko biremereye kubera ko ...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho. Ni icyemezo cyari ...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri yatangaje ko Guverinoma igiye guhagurukira abadahinga ubutaka bwabo. Avuga ko bidindiza umusaruro w’ubuhinzi, akungamo ko abatazabuhinga muri i...
Ubuyobozi bw’ikigo Asia-Africa Logistics gitanga serivisi zo kwikorera ibicuruzwa mu makontineri bizanwa muri Afurika bwijeje Abanyarwanda ko ibicuruzwa byabo bitazongera kurenza iminsi 40 bigeze i Mo...
Imibare ivuga ko mu Rwanda hose abahinga ikawa ari abantu 400,000, muri bo abagore ni 128,000 bakaba bangana na 32%. Ibigo 117 ni byo byohereza ikawa hanze, muri byo ibiyoborwa n’abagore ni 28 bingan...
Imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda yatumye ibishanga uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwahingagamo ibisheke byuzura. Ingaruka zabaye iz’uko amakamyo apakira ibisheke abura uko agera mu kazi ndetse n’aba...









