Ikigo gicuruza amazi ya JIBU cyatangaje ibiciro bishya by’amazi. Itangazo ry’iki kigo rishimira abakiliya ku budahemuka bakigaragariza kandi nacyo kikabizeza kutazabaha serivisi mbi....
Thapelo Tsheole wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigo cya Botswana gishinzwe imari n’imigabane yahawe uyobora ikigo gikora iyo mirimo mu Rwanda kitwa Capital Market Authority, CMA. Mu minsi 30 nib...
Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...
Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Abashoramari bakora mu by’ubucukuzi bw”amabuye y’agaciro bagiye guhabwa amasoko yo gucukura mu buryo bwemewe n’amategeko ibirombe 43 byo mu Ntara y’Amajyepfo. Ibyo biromb...
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Iran na Israel yatumye abacukura essence bagira amakenga y’uko isoko ryayo ryabura batangira kuyibika none yazamuye ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Si essenc...
Dr Bernard Dzawanda ushinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo n’imishinga mu isoko ry’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika, COMESA, avuga ko imishinga Leta zifatanyamo n’abikorera ikiri mike, ikadindira kand...
Ubuyobozi bw’Ubwongereza bwatangaje ko indabo zituruka mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba zizajya zigurishwa ku isoko ryabwo nta kiguzi ziciwe, bikazakorwa niyo iyo ndabo zaba zagezeyo zibanje guca...
Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...
Umuhanga mu ibaruramari Obadiah Biraro avuga ko abacungamari bo mu Rwanda ari abo gushimira ko bagize uruhare rugaragara mu gucunga neza umutungo w’u Rwanda ku buryo kugeza ubu ingengo y’imari y’u Rwa...









