Minisitiri y’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko gahunda Leta y’u Rwanda yashyizeho yo kwihutisha iterambere bita National Strategy for Transformation (NST2) iteganya kuzakora imyaka ...
Ikigega cy’Abanyamerika kigamije iterambere mpuzamahanga, USAID, cyahuje abakora mu buhinzi n’ubworozi n’ibigo by’imari kugira ngo barebere hamwe uko impande zombi zakorana. Ni igikorwa kitabiriwe na ...
Prof.Jeannette Bayisenge ushinzwe abakozi n’umurimo avuga ko ibura ry’ikoranabuhanga mu mirimo itandukanye ndetse n’igishoro kidafatika biri mu by’ibanze bidindiza umusaruro w’abakozi mu Rwanda. Aho i...
Akaboga karacyari imbonekarimwe ku Banyarwanda benshi kuko impuzandengo ivuga ko buri Munyarwanda arya ibilo umunani ku mwaka yakagombye kurya ibilo 45 ku mwaka. Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi...
PAC yavuze ko ubuyobozi bw’Ikigega gishinzwe kwita ku mihanda, (Road Maintainance Fund) bwatashye Imihanda kitasuzumiwe ubuziranenge ikemezwa ko ikomeye ariko ntitinde kwangirika. Ku ikubitiro iki kig...
Guverinoma y’Ubwongereza ibinyujije mu kigega mpuzamahanga cy’Abongereza, British International Investment, igiye gutanga miliyoni $ 100 yo kuzamura ubuhinzi bw’ingano, umuceri n’ibisheke. Ayo mafaran...
*Iyi nama bazigira hamwe uko ubukungu bw’isi bwasaranganywa Paul Kagame ari muri Arabie Saoudite mu ruzinduko azitabiramo inama mpuzamahanga ku bukungu bw’isi. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Mata, 2...
Mu rwego rwo gufasha ibigo na za businesi kumenyekanisha ibikorwa byabyo kuri murandasi, Ikigo RICTA( ni ikigo kitari icya Leta) cyatangije uburyo bwo kugabanyiriza abantu igiciro kuri serivisi yo kw...
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ivuga ko mu mwaka wa 2023 kuri byinshi iki kigo cyagezeho, harimo no kwandika ishoramari ryakorewe mu Rwanda rifite agaciro ka miliyari $2.4...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko amakuru y’ubukungu avuga ko Kenya iri kugira ubutunzi buruta ubwa Angola, ikazaba iya kane mu bukungu nyuma ya Afurika y’Epfo, Nigeria na E...









