Ubufaransa bubinyujije mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Francaise de Devéloppément, ADF, bugiye guha abahinzi inguzanyo ya Miliyoni $10 yo kubafasha kubona imbuto y’indobanure,...
Abakora mu rwego rwa za Banki mu Rwanda bavuga ko hari gahunda yo kuzamura ikoranabuhanga rikoreshwamo kugira ngo bigirire akamaro abakiliya babo kandi bibe ibya buri munsi. Banki nkuru y’u Rwan...
Kazibwe Paulian ushinzwe imari muri Airtel Rwanda yatangaje ko kuva gahunda ya Connect Rwanda yatangira muri Kamena, 2023 ubu telefoni 520,000 zimaze guhabwa abaturage. Yabivugiye mu Karere ka Rusizi ...
Ku bufatanye bw’inzego zitandukanye harimo n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iby’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA)hafatiriwe ibikoresho by’ikoranabuhanga byiganjemo...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko ibiganiro bigamije kuguriza Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu nzira nziza. Ni umwenda wa Miliyari $1.5 iki gihugu kivuga ko uzagifasha gukomeza...
Mu minsi mike ishize, Guverinoma Y’u Rwanda yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, inyandiko isobanura iby’uko ingengo y’Imari yongerwa. Minisitiri w’imari n’...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’iz’ikoranabuhanga, Airtel Rwanda, kizasubukura gahunda ya Connect Rwanda. Mu mwaka wa 2023 yari yarasubitswe kuko gahunda y’uwo mwaka yari ...
Fulgence Nizeyimana uri mu buyobozi bwa CIMERWA avuga ko abagore bagize kandi bakigira uruhare runini mu musaruro w’iki kigo. CIMERWA ni uruganda nyarwanda rukora sima kandi runini kurusha izind...
Komisiyo igenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ivuga ko yasanze mu kigega cy’ingoboka cy’ibiribwa harimo ngerere. Ni ibiribwa bingana na 30% y’ibiri...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko buzaca amande ya Frw 10,000 umuntu wese uzagurira umuzunguzayi. Muri iki gihe mu mujyi wa Huye hakunze kugaragara ubucuruzi bwo ku muhanda buzwi nk’ubuzunguz...









