Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yusufu Murangwa yasinyanye na Ambasaderi wa Koreya y’Epfo mu Rwanda Woo-Jin Jeong amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu afite agaciro ka miliyari $1. Ayo mafaranga ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), kivuga ko hari amarushanwa amaze iminsi akorwa n’abahinzi b’ikawa ngo harebwe abayitaho neza k...
Umukandida wa FPR Inkotanyi yabwiye abaturage bari baje mu Kagari ka Mbonwa mu Murenge wa Rubengera kumva aho yiyamamazaga ko abashinzwe kubaka umuhanda wa Karongi-Ngorerero-Muhanga bagomba kuwubaka v...
Abaganga bavuga ko imwe mu mpamvu zitera abantu kurwara igicuri ari ukurya inyama z’ingurube zidahiye neza kandi zikaba zarabazwe ku ngurube yororewe mu mwanda. Igicuri ni indwara ifata ubwonko, uyirw...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yaraye isohoye raporo yise FinScope igaragaza uko Abanyarwanda bakoresha ikoranabuhanga mu kubika no kubikuza amafaranga. Ni raporo ikorwa buri myaka ine. Nubwo abens...
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Guverinoma y’u Rwanda yaraye isinyanye amasezerano n’iya Luxembourg akubiyemo inkunga ya miliyoni € 5 yo guteza imbere amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro hirya no hino mu Rwanda. Ayo mafaranga azatangw...
Mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare hatashywe ibigega bitanu byo guhunikamo toni 10,000 z’ibigori. Ni igikorwaremezo cyubatswe kuri Miliyari Frw 2.7 Muri aka Karere kari hasanzwe ibindi big...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo mu Muryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu Ambasaderi Claver Gatete yaraye avuze ko kimwe mu byo yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngire...
Nyuma yo gutora itegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa n’ababyizeye, Abadepite barashaka ko imikorere y’ibimina ijya mu itegeko mu rwego rwo gukumira amakimbirane abigara...








