Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho Airtel Rwanda cyatangije gahunda yiswe Ingoboka igamije gufasha abarwayi kwishyura ibitaro no kubona uko bagura imiti ariko bakagira n’a...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko mu myaka itanu iri imbere buzaha ingo 24,000 amashanyarazi kugira ngo ziteze imbere. Ni amakuru Meya w’aka Karere Christophe Nkusi yahaye bagenzi bacu b...
Ihuriro nyarwanda ry’amabanki, Rwanda Bankers’ Association, rwatangaje ko amaze kugera ku rwego rwiza rw’imikorere ndetse ko afite uruhare ntagereranywa mu kuzamura ubukungu. Ibi biherutse gutangarizw...
Nta gihugu ku isi kitagira Kaminuza. Inyinshi muri zo zigisha amategeko, indimi, ubuvanganzo, ubuvuzi, ubutabire, ibaruramari, politiki n’ibindi. Icyakora, uru rwego rw’imyigishirize ntirugirira akama...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Musafili Ildephonse yasohoye amabwiriza agenga nkunganire y’ifumbire izatangwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A. Ni amabwiriza ashingiye ku itegeko N° 30/2012 ryo ...
Nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri MINAGRI itashye uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro, aborozi b’ingurube babishimye ariko basaba ko ibyo...
Perezida wa Sudani Y’Epfo Salva Kirr yarashye Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo, ikaba ari inyubako igeretse amazu 12. Kuva Sudani Y’Epfo ibonye ubwigenge mu mwaka wa 2011, ubu nibwo akib...
Mu gihe kiri imbere u Rwanda rugiye guhabwa miliyoni € 50 azatangwa n’Ikigega cy’Abataliyani gishinzwe kwita ku bidukikije kugira ngo azarufashe mu mishinga yarwo igamije iterambere ritangiza ibidukik...
Mu irushanwa ry’uburyohe bw’ikawa y’u Rwanda riherutse kubera mu Mujyi wa Kigali, iyo mu Karere ka Gicumbi niyo yabaye iya mbere mu buryohe. Ni irushanwa ryari rigamije kumenya ikawa ihiga izind...
Nk’urwego rwa Politiki rumaze igihe ruyobora u Rwanda kandi rufite icyizere cy’uko ruzabikomeza, FPR-Inkotanyi iteganya ko mu myaka itanu iri imbere izubaka uruganda rukora ibirahure bikoreshwa mu bwu...









