Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...
Mu myaka myinshi raporo zitandukanye zashyiraga u Rwanda mu myanya ya mbere mu guteza imbere ubukungu muri Afurika. Nubu birakomeje kuko hari n’iyasohotse vuba aha yitwa CPIA ya Banki y’isi ivuga ko a...
Abashinzwe kurinda ibidukikije hirya no hino ku isi basaba Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuba ihagaritse ipiganwa yashyizeho ngo abashaka gucukura petelori na gazi batange am...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatashye uruganda rukora ifu mu mata ruri mu Karere ka Nyagatare ahitwa Rutaraka. Ni uruganda rwubatswe mu Cyanya cy’Inganda cya Rutaraka mu Murenge wa ...
Imibare yerekana ko umukamo w’amata y’inka akamirwa mu Karere ka Gicumbi atuma kaba aka mbere mu Rwanda mu kugira umukamo mwinshi kuko ungana na litiro 106,000 ku munsi. Hejuru y’uyu mukamo utubutse h...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko umusaruro w’ibigori wazamutse ku kigero cya 7.5% bitewe ahanini n’uko abahinzi b’ibi binyampeke bayobotse kuhira. Uko kuhira kwatumye umusaruro ...
Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa. Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya a...









