Ubuyobozi bukuru bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwatangaje ko gukoresha amadovize mu buryo bwo kwishyurana mu batabyemerewe bizacika burundu mu gihe cy’amezi atandatu. Hari abantu benshi bavugwaho kwishyu...
Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Kanama, 2025 cyatanze Miliyoni Frw 464 y’ishimwe ku baguzi 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyonge...
Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari Koperative y’abafite ubumuga ivuga ko muri iki gihe ubucuruzi bakoreraga i Goma busigaye b...
Abakanishi bo mu Rwanda bahanywe amahirwe na bagenzi babo bo muri Kenya yo guhugurwa uko bakanika batiri za bisi zikoresha amashanyarazi z’ikigo BasiGo. Iki kigo nicyo cya mbere cyahawe uburenga...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNFPA, hashyizweho Ikigega kizaha urubyiruko inguzanyo nta ngwate. ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...









