Ikigo gishinzwe Mine, Petelori na Gazi mu Rwanda cyatangaje ko kohereza hanze ibuye ry’agaciro rya beryllium bihagaritswe kuzageza igihe kizamenyeshwa abantu. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ihagarikwa...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Jacqueline Kayitare avuga ko aka Karere kari hafi guha isoko uzaba waritsindiye ngo yagure imihanda yo mu Kagari ka Gahogo. Ni Frw 3,791,885,012 zizakoreshwa hagurwa imi...
Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byatangajwe kuri uyu wa Gatatu 07, Kanama, 2024, ariko biza gutangira gushyirwa mu bikorwa saa moya za nimugoroba (07h00) bivuga ko litiro imwe ya lisan...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko amafaranga u Rwanda rutanga rutumiza ibintu hanze akomeje kwiyongera ugereranyije n’ibyo rwohereza yo. Ni igihombo kuko...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Ubwo hizihizwaga imyaka 25 umwami wa Maroc Muhammed VI ageze ku ngoma, Ambasaderi w’ubu bwami yasezeranyije Uburundi ko buzabufasha mu cyerekezo cyabwo cyo kuva mu bukene. Uburundi bwiyemeje ko mu mwa...
Mu Karere ka Kayonza ahitwa Mukarange niho hari bubere ibirori byo kwizihiza umunsi w’umuganura uba buri mwaka. Abagore bakuru bateze urugori, abagabo Bambara imishanana baraberwa, inyambo zirategurwa...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
I Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahasanzwe habera imurikagurisha hari byinshi byiza biri kuhamurikirwa kandi birimo n’udushya. Birimo amasafuriya ashobora guhisha amafunguro vuba, serivisi zigenewe aba...
Eric Rwigamba usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko u Rwanda rwihagije ku mbuto z’ibigori, soya n’ingano kuko zihatuburirwa ku rwego ruhagije ku ...









