Umwe mu bahanga mu byo kwihaza mu biribwa witwa Amath Pathé Sene uyobora Ikigo Africa Food Systems Forum avuga ko iyo abaturage bashonje baba bafite ibyago byo gusubiramo. Yabivugiye mu nama yahuje i...
Dr.Uzziel Ndagijimana wahoze ari Minisitiri w’imari n’igenamigambi yaraye atangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Banki ya Kigali nyuma yo guhererekanya ububasha na Béatha Habyarimana. Kuri uyu ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...
Ikigo cy’igihugu kita ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, kiraburira abantu ko badakwiye gukoresha vinegre zitwa Discovery White Vinegar na Hlaal White Vinegar kuko byaje kugaragara ko zit...
Ku bufatanye bw’ikigo gitanga ibikomoka kuri petelori RUBiS, ikigo kitwa Castrol kigiye kugeza ku bafite ibinyabiziga amavuta atagira ibinyabutabire byinshi byangiza moteri. Ikigo Castrol kimaze imya...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwatangaje ko Dr. Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mukuru w’iyi Banki. Ni umwanya asimbuye Beatha Habyarimana wari uherutse kwegura ku mirimo muri iyi Banki ya mbere ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB kivuga ko mu myaka ine hazasimbuzwa ibiti by’ikawa bishaje biteye kuri hegitari 435. Kuyisazura bizakor...
Abahinzi b’ikawa bakorera mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bavuga ko bizeye ko gusazura ikawa bizazamura umusaruro wayo. Babivugiye mu Kagari Ka Kibirizi ahabereye itangizwa ry’...
Niyoyita Peace ni rwiyemezamirimo wo mu Karere ka Bugesera akaba aherutse guhembwa nk’umugore wahize abandi mu kumurika ibikomoka ku bworozi mu imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi riherutse kubera k...
Abikorera ku giti cyabo bafite gahunda yo gushinga banki izajya ifasha abahinzi kubona inguzanyo ngo bashore mu mishinga iteza imbere ubuhinzi. Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa ingu...









