Dr. Télesphore Ndabamenye uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, RAB, asaba itangazamakuru kurushaho kubwira abaturage gahunda z’ubuhinzi n’uburyo bwiza bw’imihingire. Avuga ko ubusanzwe abatura...
Nelly Mukazayire uherutse kugirwa Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo avuga ko siporo iramutse yitaweho yaba inkingi yo kuzamura ubukungu bw’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uyu muyobozi ...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Kubaka umuhanda Nyacyonga-Mukoto byatangiye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye ibice biri hagati ya Gasabo na Rulindo, ukazaba ufite uburebure bwa kilometero 35. Niwuzurira igihe cyagenwe u...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwaraye businyanye na Ambasaderi wa Suède mu Rwanda amasezerano ya miliyoni $10 azatangwa nk’inkunguzanyo yo gushyigikira imishinga mito n’imishinga iciriritse mu Rwanda....
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yashimiye abanyeshuri barangije muri Kaminuza nyarwanda yigisha ubuhinzi bwa kijyambere, RICA, kuba barize neza, abasaba kuzaba ba agoronome bakunda u Rwanda. ...
Ku myaka 24 umusore yibye shebuja $17,200 atorekera i Musanze ariko afatwa amenshi muri yo yamaze kuyohereza kuri konti ye. Bivugwa ko uyu musore yari asanzwe akorera shebuja mu Karere ka Gasabo. Umuv...
Ivan Murenzi uyobora Ikigo cy’igihugu cy’ibarushamibare aherutse gutangaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rucukura wagabanutse kubera ibihe by’imvura yo muri Mata na Gicurasi yaguye nabi. G...
RwandAir yatangaje ko igiye kuba ihagaritse ingendo ziva n’izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo kubera impamvu zitatangajwe. Iki cyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 27, Ukwakir...
Kuba ibiti by’ikawa bishaje bikaba biri gusimbuzwa byagize ingaruka ku musaruro w’iki gihingwa ngengabukungu bituma ibyo u Rwanda rwohereza hanze mu buhinzi bigabanuka biraruhombya. Minisitiri w’imari...









