Sosiyete ya Prime Energy Ltd itunganya umuriro w’amashanyarazi ishima ko yabonye amafaranga ahagije izakuramo ayo kubaka urugomero rwa Rukarara VI ruhereye mu Karere ka Nyamagabe. Yabonye ayo mafarang...
Ku bufatanye bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, n’abafatanyabikorwa bacyo, gusazura ikawa bimaze gukorerwa mu turere icyenda. Iki gikorwa cyatang...
Umuturage usanzwe wikorera ku giti cye avuga ko ibyo umuyobozi muri RAB ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi aherutse gutangaza by’uko mu myaka itanu iri imbere buri rugo ruzaba rworoye inkoko, byagombye ahub...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Ni ikibazo gukurikira ibyavuzwe na Dr. Solange Uwituze ushinzwe ubworozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, by’uko mu myaka itatu buri rugo ruzaba rworoye byibu...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru kuri uyu wa Mbere abari basanzwe babyaza umusaruro Kigali Heights bavuze ko bayigurishije n’ikigo cy’ubucuruzi YYUSSA Company Ltd ku giciro cya Miliyari Fr...
Ikigo kitwa Kigali Heights Development Company giherutse kugura inyubako ikomeye yo mu Mujyi wa Kigali yitwa Kigali Heights. Mu masaha y’umugoroba hateganyijwe ikiganiro n’itangazamakuru kiri bugaruke...









