Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Ugushyingo 2024 byazamutse ku kigero cya 5% ugeraranyije n’uko byari bimeze mu Ugushyingo 2023. Mu kwezi kwaban...
Kubera kubura aheza ho kwanika ibitunguru n’urusenda, umusaruro ungana na 30% w’ibi bihingwa urangirika. Wangirikira mu mirima, mu nzira ujyanwa ku isoko bigahombya abahanzi. Mu rwego rwo ...
Guhera kuri uyu wa Kabiri mu Rwanda hazabera Inama izitabirwa n’abahanga mu gutunganya impu, ikazigirwamo uko byarushaho guha amafaranga ababikora. Yateguwe n’ikigo nyafurika kigisha abant...
Forbes yanditse ko mu mezi 12 ashize nta muntu winjije Amadolari y’Amerika menshi kurusha abandi ku isi nka Mark Zuckerberg. Kugeza mu Ukuboza, 2024 yinjije Miliyari $112.6, akaba abarirwa yose ...
Kuri uyu wa Gatanu kuri umwe mu myaro yo ku kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Akarere ka Rubavu hazatahwa icyambu kizajya cyakira imizigo ifite uburemere bwa Toni 700,000 mu gihe cy’umwaka. Ni...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yatangaje ko mu mwaka wa 2035 buri muturage azinjiza $ 5,000 ku mwaka. Ubu yinjiza $ 1,000. Minisitiri Sebahizi avuga ko biri mu rwego rwo kugera ku ...
Rwagati mu Bushinwa ahitwa Wangu havumbuwe ikirombe cya zahabu ubutegetsi bwa Beijing buvuga ko ari cyo cya mbere kinini ku isi. Bagenekereje basanga gifite agaciro ka miliyari $80. Ikigo gishinzwe ub...









