Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Kuri uyu wa 23, Ukuboza, 2024, Koperative Umwalimu SACCO yatangaje ko hari uburyo butatu bushya mwalimu azajya abonamo inguzanyo zirimo izishingiye ku buhinzi n’ubworozi yiswe ‘Sarura Mwalimu’, iy’ubu...
Mu Karere ka Nyamagabe ahateye icyayi cya Kitabi hagaragaye ibikoko byibasira icyayi bita ‘ibishorobwa’. Umwe muri ba Agronomes b’uru ruganda witwa Gérard Rugira avuga ko basuzumye basanga biriya bish...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyatangarije abasora bose batumiza ibintu mu mahanga n’abakora amasoko ya Leta ko igihe cyo gusaba icyemezo cy’ubudakemwa kitwa Quitus Fiscal cy’umwaka wa ...
Guverinoma y’u Rwanda irateganya ko mu mpeshyi ya 2025 hari Rond-Points eshatu zo mu mujyi wa Kigali zizavugururwa mu rwego rwo kurimbisha Kigali no koroshya urujya n’uruza. Minisitiri w’ibikorwa reme...
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga ya Miliyoni 20.97 z’Amayero ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 30 yo gushora mu mishinga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ku musaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda igaragaza ko wazamutse ku kigero cya 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024. Mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka ...
Abahanga mu bukungu, abacuruzi n’abafata imyanzuro ya politiki bateraniye i Kigali mu nama yigirwamo uko ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano ryafasha mu gukusanya no gutanga imisoro vuba kandi ...
Kuri uyu mugoroba, Guverineri Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye ku mugaragaro uruganda ruzakora inzoga ikomeye ya Vodka mu birayi. Ni uruganda rwitwa Virunga Mountai...









