Kamanzi Francis uyobora Ikigo gishinzwe mine, gazi na petelori, Rwanda Mining Board, yemeza ko mu kiyaga cya Kivu harimo amariba 13 ya Petelori ariko hakirebwa uko yacukurwa. Yabitekerereje Abadepite ...
Hari raporo ivuga ko umusaruro w’ibigori u Rwanda rwahuritse mu mwaka wa 2024 ungana na toni 29, 510 mu gihe mu mwaka wa 2023 wari toni 5,837 ni ukuvuga inyongera ya 405.51%. Ni umusaruro mwinshi k...
Jean-Guy Afurika niwe wagenwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ngo ayobore Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB. Ni umugabo wigeze gukora muri Banki Nyafurika ishinzwe iterambere, Africa Developme...
Muri Mutarama, 2024 Leta y’Uburundi yanzuye ko ifunze imipaka yose yo k’ubutaka ibuhuza n’u Rwanda. Mu gihe cy’umwaka umwe, ibi bimaze guhombya u Rwanda Miliyoni $2 zirenga bitewe no gukumira ib...
Hafi ya Kigali Convention Center ahahoze uwo bitaga ‘umugore ucira amazi’ harasenywe. Ni Rond Point abantu bakundaga kujya kwicaraho ngo baruhuke cyangwa se bahakorere siporo. Hari abahafatiye amashus...
Itsinda ry’abantu 15 bavuye muri Leta ya Missouri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ryakiriwe n’Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Juliana Kangeli Muganza ab...
Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo kerets...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, ku byerekeye uko abantu batega indege mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu yerekana ko mu mwaka wa 2020, abantu 5.922 ari bo bakoreye ...
Mu rwego rwo kwifatanya na Leta y’u Rwanda mu kugabanya ibyuka ibinyabiziga byohereza mu kirere, mu Mujyi wa Kigali hakomeje gutangizwa uburyo bworohereza abamotari cyangwa abandi babishaka gutunga mo...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...









