Ibiro bya Minisitiri w’Intebe bitangaza ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahinduye Guverineri wa Banki Nkuru Bwana John Rwangombwa amusimbuza uwari umwungirije Madamu Soraya Hakuziyaremye. Ubusan...
Mu ijambo yavuze nk’Umushyitsi mukuru mu Nama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga mu by’imari, Inclusive FinTech Forum, Perezida Paul Kagame yasabye ko Leta zikwiye gukorana n’abikorera kugira ngo aba...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga yise One Million Coders Initiative ugamije ko igihugu kizaba gifite abantu miliyoni imwe bakora porogaramu za mudasobwa bita Coders. Umunyamabanga Uhoraho mur...
Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo ni igihugu gikize ku mutungo kamere ariko gikennye mu mufuka no ku mutima. Ubushakashatsi bwakozwe na UN bwiswe UN Human Development Index buvuga ko iki gihugu ari ic...
Kubera intambara, ubucuruzi bwaberaga mu Mujyi wa Goma busa n’ubwahagaze. Nta mafaranga ahagije ari mu baturage ndetse hari n’aho usanga abantu bagurana ibintu mu rwego rwo guhahirana… Iki kibazo kiri...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko uko ibintu bihagaze mu bukungu bwú Rwanda byerekana ko ubukungu bw’u Rwanda buzakomeza kuba bwiza mu mwaka wa 2024/2025. Ndetse ngo ubukungu bw’...
Kuri uyu wa Kane mu Rwanda hageze itsinda ry’abanya Arabie Saoudite baje kureba ahari amahirwe yo gushoramo imari. Bayobowe na Hassan Alhwaizy usanzwe uyobora Ihuriro ry’abacuruzi bo mu bwami bwa Arab...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasobanuye iby’imisoro yaraye yemerejwe mu nama y’Abaminisitiri. Muri rusange hari imisoro iri buhite itangira gusorwa, indi ikazasorwa buhoro buhoro. Minisitiri w’im...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kuvugurura imisoro, hakagira iyongerwa hagahangwa n’undi mushya. Hazavugururwa kandi uko imisoro yari isanzwe itangwa bikazakorwa mu byic...





