Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Mu rwego rwo kwihaza kuri Lisansi na Petelori, Leta y’u Rwanda irashaka kubaka ibigega byinshi bishobora kubika Litiro miliyoni 334 mu gihe ibyari bisanzweho byabikaga Litiro miliyoni 66.4 zonyine. Um...
Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu Rwanda mu mwaka wa 2024 Miliyoni $ 502 mu gihe mu mwaka wa 2023 bohereje Miliyoni $505. Bivuze ko habayeho kugabanuka...
K’ubufatanye n’Ikigo Afri-Global Cooperation Program Ltd (AGCP), Banki ya Equity Bank Plc igiye gushyiraho uburyo bwo gusobanurira abantu uko imari ivuka n’uko icungwa mu buryo burambye. Izabikora bis...
Michelle Umurungi ushinzwe imishinga y’ishoramari rikorerwa mu Rwanda mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yabwiye abitabiriye Inama Nyafurika yiswe Africa Business Heroes Summit iri kubera mu Rwand...
MTN Rwandacell itangaza ko kugeza ubu abaturage bangana na Miliyoni 7.6 ni ukuvuga kimwe cya kabiri cy’abatuye u Rwanda bakoresha umuyoboro wayo. Abandi miliyngaoni 5 zirenga bakoresha Mobile Money mu...
Benjamin Mutimura uyobora I&M Bank Rwanda avuga ko we n’abakozi ayoboye ari abo gushimirwa umuhati bagize mu mwaka wa 2024 kuko batumye igira urwunguko rugaragara. Yavuze ko iyo ntambwe yatewe bin...
Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kane tariki 06, Werurwe, 2025 yarangije manda ebyiri yari amaze ayobora Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere ubuhinzi, Alliance for a Green Revolution in Africa (AG...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwinjiye mu buryo bwo guhererekanya amafaranga bikozwe n’abaturage b’ibihugu bigize isoko rya Afurika bigakorwa nta vunjisha ribanje kubaho. Ni ubufatanye Banki ya Kigali...
Alvin Tan ushinzwe ubucuruzi n’inganda muri Singapore yaganiriye na Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya ushinzwe ibidukikije muri Guverinoma y’u Rwanda, batinda ku mikoranire igamije iterambere ritangi...









