Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare kivuga ko amafaranga abantu basuye u Rwanda mu mwaka wa 2024 baguze ibintu na serivisi ari Miliyoni $ 579.5 mu gihe mu mwaka wa 2023 yari Miliyoni $563.8. ...
Dr. Donald Kaberuka wigeze kuba Minisitiri w’imari n’igenamigambi akayobora na Banki nyafurika y’iterambere, BAD, yavuze ko ubwo Guverinoma yahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga imirimo y...
Binyuze mu marushanwa imaze igihe ikoresha k’ubufatanye n’ibigo by’amashuri, Banki nkuru y’u Rwanda iri gutegura abanyeshuri ngo nibarangiza amasomo yabo bazabe bazi kurema no gucunga neza...
Dr. Nsanzimana Sabin uyobora Minisiteri y’ubuzima yafunguye uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, rwuzuye mu Karere ka Rwamagana, rukazabanza kujya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi ariko zik...
Mu Bugesera hagiye kubakwa uruganda rutunganya impu rwitezweho kuzajya rwinjiriza igihugu Miliyoni $430, ni ukuvuga Miliyari Frw 600 mu gihe cy’umwaka. Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uh...
Banki ya Kigali( BK) yatangije ubufatanye mu by’imari na sosiyete sivile, amadini naza Ambasade binyuze mu gushinga ishami ryihariye rishinzwe kwita kuri izo nzego. Iri shami riherereye mu Murenge wa...
Umworozi witwa Nzabakurana Jean Marie Vianney worore mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze avuga ko aho inganda zikora ibiryo by’amatungo zitangiriye gukora, byatumye amatungo cyane cyane i...
Rwabutogo Jeanne uyobora ishyirahamwe ry’abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu avuga ko kuba bagikura muri DRC inyinshi mu mbuto bacuruza bibahendesha. Yifuza ko hak...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...









