Prof. Jean Chrysostome Ngabitsinze wigeze kuba Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi yemejwe ko aba Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye, UN. Yatorewe kandi kuba P...
Intumwa z’ibihugu bitandatu byo muri Afurika zahuriye mu Rwanda mu nama yo kwigira hamwe uko habaho guhuza no kwihutisha amabwiriza y’ubuziranenge ku bicuruzwa bihuriweho no korosha itanga ry’ibirango...
Uwambaje Laurence uyobora Umwalimu SACCO avuga ko imicungire iboneye y’iyi kigega cyo kuzihamira no kuguriza abarimu yatumye umutungo wacyo uzamukaho Miliyari 11 mu mwaka umwe. Mu mwaka wa 2024 ...
Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi Prudence Sebahizi avuga ko aherutse kuganira na bagenzi be bo mu bihugu by’Afurika bemeranya ku ngamba zizafasha ibihugu byabo guhangana n’izamurwa rya 10% riherutse g...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
Jean Paulin Uwitonze Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro yabwiye Taarifa Rwanda ko abavuga ko hari umusoro mushya washyiriweho abateg...
Guverinoma y’u Rwanda iri gutegura uburyo buhamye bwatuma iki gihugu kigira ahantu hagezweho ho guteranyiriza ibyogajuru, kubitegurira kujya mu kirere no kubyoherezayo bitekanye. Ni intego z’igihe kir...
Ugereranyije n’uko byari byifashe muri Werurwe, 2024, ibiciro byo muri uko kwezi mu mwaka wa 2025 byazamutseho 6,5% nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR. Imibare nk’iyi ibon...









