Niyoyita Peace atuye mu Kagari ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera ari n’aho yororera ingurube. Avuga ko n’ubwo ubworozi bwazo bwungura ubukora, ariko bagihura n’ikibazo cy’uko nta ...
Kuri icyi Cyumweru tariki 10, Mutarama, 2021 nibwo imbuto ziturutse mu Rwanda zagejejwe mu iguriro ryitwa Carrefour riri mu isoko rya kijyambere rinini cyane riri i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abar...
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto ziba zifitemo iz...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere( RDB) cyasohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza mashya areba abantu bose bifuza gusura ahantu nyaburanga mu Rwanda arimo na za Pariki.Ni amabwiriza ashingiye ku by...
Abasore bazana amata mu Mujyi wa Kigali baturutse mu Karere ka Gicumbi bitwa Abacunda bageze ahitwa Gaseke mu Karere ka Gicumbi bahagarikwa n’abapolisi bababwira ko bitemewe kubera amabwiriza mashya ...
Guhera kuri uyu wa 30 Ukuboza, 2020 ,Ubuyobozi bukuru bw’Ikigo cy’ubucuruzi Equity Group bwamurikiye abanyamuryango bayo ibirango bishya byerekana ko bwaguye akazi bukaba bugiye kongera serivisi kub...
Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Kagame yagarutse ku myenda ibihugu by’Afurika bifitiye amahanga, ikaba yararushijeho kuba ikibazo muri ibi bihe bya COVID-19. Perezid...
Ikigo cya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, KOICA, cyahaye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu inkunga ya Miliyoni $8 zo gufasha abatuye Karongi, Rutsiro, Nyamagabe, Nyaruguru na Kayonza...
Robert K. Segei uyobora Uruganda nyarwanda rukora sima ( CIMERWA) avuga ko n’ubwo uruganda ayoboye rwahuye n’ibibazo by’ubukungu nk’ahandi hose, ariko rutahombye. Avuga ko bungutse Miliyari 1.9 Frw ...
Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police ( CP) John Bosco Kabera mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 kigamije gusobanura uko Expo...









