Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverinoma ifite intego yo kongera miliyari 250 Frw mu kigega cya leta kigamije kuzahura ubukungu, ziyongera kuri miliyari zisaga 100 Frw cyatangir...
Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya Kenya Airways yasabye leta y’icyo gihugu kongera ishoramari muri icyo kigo cyugarijwe n’ibihombo, ko uretse kuba RwandAir ishobora kubatwara ubucuruzi, n’amahirwe y’i...
Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko ingano y’ikawa y’u Rwanda yoherejwe mu mahanga mu cyumweru gishize yazamutse ku 145%, inyungu y...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko RwandAir iri mu biganiro bya nyuma na Qatar Airways, mbere y’uko icyo kigo gikomeye mu by’indege ku isi kigura imigabane mu kigo cy’in...
Ikigega The Rise Fund kigiye gushora miliyoni $200 mu kigo Airtel Mobile Commerce BV (AMC BV) gicunga serivisi zo kubitsa no kohererezanya amafaranga kuri telefoni ngendanwa zizwi nka Airtel money, zi...
Polisi y’u Rwanda yafashe ibilo 80 bya magendu y’imyenda ya caguwa n’amapaki 20 y’amavuta ya Movit, birimo kwinjizwa mu Rwanda binyujijwe mu mugezi wa Rusizi uri hagati y’Akarere ka Rusizi na Re...
Byemezwa na Dr Hermogène Nsengimana usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ubuziranenge muri Africa. Kuri uyu wa Kane yaganiriye n’abayobozi b’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko mu gihe cya vuba hazamenyekana ibipimo bishya by’imisoro y’ubutaka, bizasimbura ibiheruka gutangazwa ariko byaje kutavugwaho rumwe. Ku wa Mbere nibwo ina...
Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) Clare Akamanzi yatangaje ko Leta yihaye intego yo gushora nibura miliyari $3 mu bikorwa by’iterambere ry’ubuhinzi kugeza mu 2024, bityo ko ari a...









