Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwatangaje ko mu mwaka wa 2020 rwungutse miliyari 9 Frw, zivuye kuri miliyari 1.2 Frw zabonetse nk’inyungu nyuma yo kwishyura imisoro ...
Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere RDB rwagiranye ibiganiro n’Ikipe yo kiciro cya Mbere cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza Arsenal kugira ngo impande zombi zirebere hamwe uko hasubukurwa gahunda V...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti ndetse na Polisi y’u Rwanda beretse abanyamakuru ibiribwa n’ibinyobwa n’ibindi bicuruzwa bitujuje ubuzirane...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...
Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko ingano n’inyungu by’imbuto, imboga, indabo n’ikawa byoherejwe mu mahanga mu cyumweru gishize by...
Inama y’ubutegetsi ya Equity Group yatangaje ko bijyanye n’ibihe by’icyorezo cya COVID-19 abanyamigabane batazahabwa inyungu yabo ku rwunguko rwabonetse mu mwaka ushize, icyemezo gifashwe mu mwaka wa ...
Ubwato bunini bwari bupakiye ibicuruzwa byinshi bugahura n’impanuka yatumye bumara hafi Icyumweru bwarafunze ubunigo bwa Suez mu Misiri( canal of suez) bwakuwemo. Bibaye nyuma y’igihe kirekire abantu ...
Umuyobozi Mukuru w’Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) Clare Akamanzi, yavuze ko bamaze gukora inyigo yo kureba niba mu Rwanda hashobora kuboneka iby’ibanze byakwifashishwa mu gukora ibirahuri...
Mu rwego rwo gushimangira ibikorwa byayo ku isoko ry’u Rwanda, Ikigo kitwa Vivo Energy Rwanda cyaguze ibikorwa by’ubucuruzi by’ibigo bibiri bicuruza ibikomoka kuri Petelori ari byo Energy ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverinoma yatangije gahunda nshya yo kunganira inganda zo mu gihugu kugirango zirusheho gutanga umusaruro mu kuzahura ubukungu. Ni gahunda byitezwe k...









