Ayo masezerano yashyizweho umukono ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri, ubwo abahagarariye ibihugu byombi bahuriraga i New York ahateraniye Inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteranye ku ns...
Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Umuturage wo mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge witwa Nkundwanabake Cedrick amaze gukorana n’urubyiruko rw’aho atuye bakura mu ruzi rwa Nyabarongo imyanda ya pulasitiki ipima toni 20. Yabw...
Umuyobozi wa RDB, Jean-Guy Afrika yabwiye abashoramari bo mu Misiri ko gushora mu Rwanda ntacyo bihombya kuko iki gihugu ari irembo ryagutse ry’isoko ryo mu Karere. Kuri uyu wa Mbere Tariki 22, Nzeri,...
Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje uko ikinyuranyo hagati y’ibyo u Rwanda rwohereje n’ibyo rwatumije mu mahanga gihagaze mu gihembwe c...
Mu gihugu hose hamaze kubakwa ibiraro 300 byo mu kirere bifasha abaturage batuye ahantu hagoye kwambuka guhahirana. Inzego z’ibanze za Leta y’u Rwanda zikorana n’Ikigo Bridge for Pro...
Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 15 Nzeri 2025, ikaba muri byinshi yagarutseho yibanze ku ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi riri gukorwa muri iki kgihe k...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Mu Kagari ka Cyambwe, Umurenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe hafi y’ikiyaga cya Cyambwe hari abaturage beza buri gihe babikesha kuhiza amazi akururwa n’imashini zikoreshwa n’amashanya...









